
Perezida Kagame yagize Alice Uwase umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Mine, Peteroli na Gazi asimbuye Francis Kamanzi.
Perezida Kagame yagize Alice Uwase umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Mine, Peteroli na Gazi asimbuye Francis Kamanzi.
Kamanzi aherutse kugirwa Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe amakoperative (RCA).
Alice Uwase yari asanzwe ari Umuyobozi Mukuru wungirije mu kigo cy’ubucukuzi bwa Mini Petelori na Gazi, inshingano yatangiye ku wa 14, Kamena, 2024.
Mbere y’aho yari umuyobozi w’ishami rishinzwe ubushakashatsi kuri Mine, Peteroli na Gazi muri urwo rwego.
Atarajya muri iki kigo, Uwase yabaye umuyobozi w’imishinga y’ubucukuzi bwa zahabu mu kigo mu kigo Ngali Mining gisanzwe kuba mu kigo Ngali Holdings